The Anglican Church of Rwanda (EAR), which traces its origins to missionary work beginning in 1925, is one of the nation’s largest religious bodies, with a widespread presence of over one million members.
Website:
ITORERO ANGILIKANI MU RWANDA
ANGLICAN CHURCH OF RWANDA
KIGALI DIOCESE
PARUWASE YA MBYO
PROJECT RW648
Mbyo kuwa 20/01/2026.
ITANGAZO RY’ISOKO.
Umushinga RW648 EAR Paruwase ya Mbyo ukorera mu karere ka BUGESERA umurenge wa Mayange akagali ka Mbyo uterwa inkunga na Compassion international mu Rwanda, unejejwe no kumenyesha abantu kugiti cyabo, company, cyangwa koperative babyifuza ko ushaka gutanga isoko kubagenerwa bikorwa b’uwo mushinga :
Isoko ryo gutanga ibyokurya byo kugaburira abana kuwa gatandatu.
Ababyifuza bagomba kuzabitwaje ibibikurikira.
- Ibaruwa yandikiwe umushumba wa EAR Paruwase ya Mbyo isaba gupiganira isoko.
- icyangombwa cy’ubucuruzi gitangwa na RDB
- icyangombwa cya RRA kigaragaza ko ari mu batanga imisoro ya TVA.
- Icyangombwa cyo kutabamo imisanzu ya RSSB kitarengeje amezi 3.
- Proforma y’ibiciro kubyo apiganiwe.
- Kuba agaragaza ko atanga inyemezabuguzi ya EBM
- Photocopy y’indangamuntu
- Kuba agaragaza ibyangombwa bitatu byaho yabayarakoze uwo umurimo ningombwa.
- Kuba yiteguye gutanga ibiribwa bivugwa muri DAO
- Kwishyura amafaranga ibihumbi icumi (10,000frw) adasubizwa kuri konti NO 00040-00280484-90 ya RW648 MBYO, iri muri banki ya kigali (bk) yo kugura agatabo k’ipiganwa.
- Uwaguze DAO agomba kohereza bordero kuri Email zose zikurikira : rw648projectdirector@gmail.com , revstepheng@gmail.Com , akamateneti@rw.ci.org
- CYITONDERWA: Ibyo byangombwa byose bigomba kubabiriho umukono wa noteri , ikindi rwiyemeza mirimo wese uzatsindira isoko ryavuzwe haruguru agomba kubayiteguye kubahiriza amabwiriza hakurijwe ibiri muri DAO n’itangazo , namasezerano y’isoko yatsindiye.ikindi Abujuje ibisabwa, Amabaruwa azafungurirwa mu ruhame tariki ya 2/02/2026 I saa 14h00 za manywa. Kubiro By’umushinga kubindi bisobanuro wahamagara kuri nimero zikurikira tel:0785240280 Cyangwa ukandika kuri Email zavuzwe haruguru
Bikorewe Mbyo kuwa 20/01/2025.
Bishyizweho umukono n’umushumba wa EAR Paruwase ya MBYO
Rev. NDAYISABA ERIC
