Website:

EGLISE METHODISTE LIBRE AU RWANDA PAROISSE NYAKABUNGO PROJECT RW0162 EMLR NYAKABUNGO Tel:0785133556/0784819494 Email: rw162nyakabungo@gmail.com

ITANGAZO RY’ISOKONº05/CI/RW0162/24-25

ISOKO RYO KUGURIRA NO KWAMBIKA ABAGENERWABIKORWA 290 INKWETO ZA STAN SMITH ORIGINAL

Ubuyobozi bw’Itorero Methodiste Libre mu Rwanda Paroisse ya Nyakabungo,ifite icyicaro mu mu karere ka Kirehe,Umurenge wa Mpanga,Akagari ka Nyakabungo.Ifite umushinga RW0162 EMLR Nyakabungo burifuza gutanga isoko ryo kugura no kwambika abana 304 inkweto zo mu bwoko bwa STAN SMITH ORIGINAL, Ababyifuza bose babifitiye ubushobozi barasabwa gupiganira iryo soko.

Dore ibyiciro by’imyaka y’abana

No

Ibyiciro

Umubare w’abana

1

12-22

221

2

1-6

69

Total

290

Abifuza gupiganira iri soko bagomba kuba bujuje ibi bikurikira :

  • Ibaruwa isaba isoko yandikiwe umuyobozi wa Paruwasi EMLR Nyakabungo
  • Facture Proforma igaragaza igiciro cya kimwe na mbumbe.
  • Kuba afite campany abarizwamo ifite TIN Number ya RRA na TVA kandi yanditse muri RDB.
  • Kuba afite Attestation de Non creance ya RRA na RSSB itarengeje amezi 3.
  • Kuba afite cachet kandi atanga facture ya EBM
  • Kuba yemera kwishyurwa hakoreshejwe OP kandi afite Compte muri Banki ikoresha ikoranabuhanga kandi iri mu mazina ya Company iri mu byangombwa.
  • Kuba afite icyemezo kigaragaza aho yakoze iyo mirimo nibura 3 kandi yayikoze neza.
  • Fotocopy y’indangamuntu yany’iri company cg ikindi cyemezo kiyisimbura cyemewe n’amategeko.

Abujuje ibisabwa muri iri tangazo kandi babifitiye ubushobozi, basabwe kohereza ibyangombwa byabo kuri Email:rw162nyakabungo@gmail.com,bagatanga copy kuri Email:CUwase@rw.ci.orgN.B:-Ibyangombwa byose bigomba kuba biri muri Document imwe yanditseho GUPIGANIRA ISOKO RY’INKWETO FY25.

  • Gutanga ibyangombwa bizarangira kuwa kane le 19/09/2024 saa kumi n’imwe(17h00) z’umugoroba.
  • Gufungura amabaruwa ku mugaragaro bizaba kuwa gatanu le 20/09/2024 Isaa yine zuzuye(10h00).
  • uwatsindiye isoko azabimenyeshwa mu nyandiko.
  • Ibyangombwa bitazanyuzwa kuri izo email zombi ntagaciro bizagira.
  • Kubindi bisobanuro mwabariza kurizo Addresse zatanzwe hejuru.

Bikorewe I Nyakabungo, kuwa 05/09/2024

Rev.Isacar NDIKUBWIMANA Umuyobozi wa EMLR Paroisse Nyakabungo.

 

Attachment