Website:
ITANGAZO RIHAMAGARIRA GUPIGANIRA ISOKO
Itorero UEBR NYAKAYAGA rikoreramo Umushinga RW0429 UEBR NYAKAYAGA rirahamagarira ba Rwiyemezamirimo babyifuza kandi babifitiye ubushobozi gupiganira isoko ryo KUGEMURA IBIRIBWA BYO KUWA GATANDATU. Uwifuza gupiganira iryo soko ashobora kuza gufata igitabo gikubiyemo amabwiriza agenga ipiganwa ku Biro by’umushinga RW0429 NYAKAYAGA, kuva kuwa Kane tariki ya 04/12/2025 kugeza kuwa Gatanu tariki ya 12/12/2025 amaze kwishyura amafaranga y’u Rwanda ibihumbi icumi (10,000 frws) adasubizwa, agashyirwa kuri konti N° 100014014114 igaragara mu mazina ya RW0429 UEBR NYAKAYAGA CDC iri muri BANK OF KIGALI (BK) Amabahasha y’ipiganwa azakirwa kandi afungurirwe mu ruhame ku wa Gatanu tariki 12/12/2025 saa munani z’amanywa(14h00) ku Biro by’umushinga RW0429 NYAKAYAGA. Nyuma y’iyo saha nta yandi mabahasha azakirwa.
NB: Urutonde rw’ibiribwa bikenewe rugaragara mugitabo gikubiyemo amabwiriza agenga isoko(DAO)
Ukeneye ibindi bisobanuro yahamagara kuri Telefone 0780690405 (Pastor) Cyangwa 0783180139 (Project Director)
Bikorewe i NYAKAYAGA, ku wa 04/12/2025
Pastor KAREMERA Thomas
Umushumba w’Itorero UEBR NYAKAYAGA
