AKA is a registered National Non-Government Organization (NGO) operating under the Rwanda Governance Board (RGB) certificate No 66/RGB/NGO/2016. AKA’s mission is providing Rwandan youth with employability skills, capital and support to take advantage of economic opportunities.

Website: https://www.akazikanoze.rw

ITANGAZO RYA CYAMUNARA

AKAZI KANOZE ACCESS (AKA), iramenyesha abantu bose babyifuza kandi babifitiye ubushobozi ko kuwa gatanu, tariki ya 06/02/2026 saa tatu (09H00) izagurisha mu CYAMUNARA imodoka n’ibikoresho byo mu biro bitandukanye. Urutonde rw’ibizagurishwa murarusanga ku mugereka. Gusura ibyo bikoresho bizatangira tariki ya 03/02/2026 kugeza tariki ya 05/02/2026.

Amasaha yo gusura ibyo bikoresho: 

Kuva kuwa kabiri tariki ya 03/02/2026 kugeza kuwa kane tariki ya 05/02/2026, guhera saa tatu za mu gitondo (09H00) kugeza saa saba z’amanywa (13H00), no guhera saa munani (14H00) kugeza saa kumi (16H00).

AKA IRIBUTSA ABAZITABIRA CYAMUNARA IBI BIKURIKIRA:

  • Cyamunara izaba mu ruhame hakoreshwa gupiganisha ibiciro mu magambo;
  • Uwifuza kugura ikinyabiziga arasabwa kwishyura ingwate y’ipiganwa ingana na miliyoni eshatu (3,000,000 Rwf) ashyirwa kuri compte no: 25045644007 y’Akazi Kanoze Access ifunguye muri I&M Bank (akaza yitwaje inyemeza-bwishyu (Bank deposit slip). Ayo mafaranga y’ingwate aherwaho mu kwishyura;
  • Uguze ikinyabiziga asabwa kwishyura 30% y’ikiguzi ku munsi wa cyamunara, na 70% asigaye akishyurwa bitarenze iminsi ibiri ikurikira umunsi wa cyamunara;
  • Uguze imodoka asabwa kuyitwara ku munsi yarangirijeho kwishyura (bitarenze iminsi ine ikurikira umunsi wa cyamunara);
  • Utsindiye ikinyabiziga ntiyishyure ikiguzi cyose mu minsi yateganijwe, ntasubizwa ingwate y’ipiganwa, kandi atakaza uburenganzira kuri icyo kinyabiziga iyo ngwate igakoreshwa mu gutegura indi cyamunara;
  • Ingwate y’ipiganwa k’utatsindiye imodoka isubizwa hakoreshejwe transfer ya bank nyuma ya cyamunara;
  • Utsindiye kimwe cyangwa byinshi mu bikoresho byo mu biro asabwa kwishyura no gutwara igikoresho yatsindiye ku munsi wa cyamunara. Iyo atabitwaye yishyura amafaranga 5,000 y’uburinzi bwa buri munsi.
  • Muri iyi cyamunara, umuntu yemerewe gupiganwa ku bikoresho bitandukanye. Uzegukana igikoresho ni uwatanze igiciro kiri hejuru y’icy’abandi.
  • Igiciro cy’ipiganwa gihera ku giciro fatizo cyagenwe.

Ku bindi bisobanuro mwahamagara kuri Tel. : 0784225178

Bikorewe i Kigali, kuwa 27/01/2026.

NTAGUNGIRA Emmanuel

Umuyobozi Mukuru

Akazi Kanoze Access

URUTONDE RW’IBIKORESHO BIZAGURISHWA MURI CYAMUNARA

Nr

Item Description

Quantity

1

4G LTE Mobile Router

3

2

Access point

6

3

Bookshelves

3

4

Chairs

37

5

CISCO SWITCH 26 ports

2

6

Computer laptop

3

7

Conference Phone

6

8

Cooker

1

9

Digital Camera

1

10

Microwave

1

11

Office Desk

10

12

Office table

1

13

Paper Shredder

2

14

Printer

1

15

Printer/Scanner

2

16

Router

4

17

Safe/60kg

1

18

Scanner machine

2

19

Sound Recorder

1

20

Tablet

8

21

UPS -700 VA & APC-750 VA

4

22

Workstation 4way

3

23

JEEP TOYOTA LANDCRUISER GXR

1