Website:

RW0793 EAR MUSAZA

B.P.719,

Kigali, Rwanda.

EAR MUSAZA PARISH

RW0793 EAR MUSAZA

Tel :0788554772 ,email : rw0793earmusaza@gmail.com

 ITANGAZO RYO GUPIGANIRA ISOKO RYO KWAMBIKA IMYENDA YA MAGASIN Bland 253

Ubuyobozi bw’itorero rya EAR Paroisse MUSAZA ahakorera umushinga RW0793 uterwa inkunga na Compassion international Rwanda, dukorera mu karere ka KIREHE umurenge wa MUSAZA Akagari ka MUSAZA.Turifuza gutanga isoko ryo kwambika abana 253 Imyenda mishya(smart clothers) bland new 

 kandi idafite inenge nimwe. Abo bana harimo abakobwa 123 n’abahungu 130 bari mu kigero k’imyaka 6-16. Abifuza gukora iri soko, basabwa kuba bujuje ibi bikurikira : 

1 . Ibaruwa isaba isoko ikubiyemo ibiciro yandikiwe umushumba wa EAR Paroisse ya Musaza .

2.Kuba afite icyangombwa cyubucuruzi kigaragaza ko akora iyo imirimo gitangwa na RDB hamwe n’Icyangombwa kerekana ko ari muri TVA.

3.Kuba yemera gutanga facture ya EBM (Electronic Belling machine )

4.Icyemezo cyokutabamo imisoro ya RRA na RSSB kitarengeje amezi 3 .

5. Copy y’indangamuntu yuhagarariye company.

6. kuba yemera kwishyurirwa kuri Konti ya bank yiyo company.

7. ibyangombwa byose byavuzwe muri iri soko bigomba kuba biriho umukono wa Noteri w’umwimerere. 

8. Abasabye isoko bose bagomba kuboneka mu gihe cyo gufungura amabaruwa.

9.Uhagarariye Company agomba kwiyizira mu ipiganwa ry’isoko, mu gihe atabonetse aha icyemezo cyanditse kiriho umukono wa noteri (proculation) gitanga uburenganzira bwo kumuhagararira kuwo yohereje

10. Dossier izahabwa agaciro ni iya rwiyemezamirimo wasuye sample ziboneka mu biro by’umushinga mu masaha y’akazi kuva ku wa27 /11/2025 zizaba zi hari.

11. B :- Abifuza gupiganira iryo soko banyuza amabaruwa yabo asaba isoko
ku emails: rw0793earmusaza@gmail.comagatanga copy kuri email Cuwase@rw.ci.org;idatanzwe hose iba imfabusa, kandi kwakira amabaruwa asaba bizarangira ku wa 01/12/2025 saa kumi (16h00). Isoko rizafungurirwa mu ruhame ku wa 02/12/2025 ku kicaro cy’umushinga saa yine zuzuye.

– Amabwiriza yose guhera kugutanga dosiye kugera kugufungura byose bigomba kubahirizwa nkuko biri mu itangazo.

Bikorewe I Musaza,kuwa 23/11/2025

Umuyobozi w’ itorero EAR PAROISSE MUSAZA

Rev. BAMURABAKO JUVENAL