Website:

ITANGAZO RY’ISOKONº01/CI/RW0162/FY 27

ISOKO RYO KUGURIRA NO KWAMBIKA ABANA 250 INKWETO ZA STAN SMITH ORIGINAL 

Ubuyobozi bw’Itorero Methodiste Libre mu Rwanda Paroisse ya Nyakabungo,ifite icyicaro mu mu karere ka Kirehe,Umurenge wa Mpanga,Akagari ka Nyakabungo.Ifite umushinga RW0162 EMLR Nyakabungo burifuza gutanga isoko ryo kugura no kwambika abana 250 inkweto zo mu bwoko bwa STAN SMITH ORIGINAL, Ababyifuza bose babifitiye ubushobozi barasabwa gupiganira iryo soko.

Dore ibyiciro by’imyaka y’abana

No  Ibyiciro Umubare w’abana
1 1-5 Year 70
2 6-12 Year 40
3 13-22 Year 140
TOTAL 250

Abifuza gupiganira iri soko bagomba kuba bujuje ibi bikurikira : 

  • Ibaruwa isaba isoko yandikiwe umuyobozi wa Paruwasi EMLR Nyakabungo
  • Facture Proforma igaragaza igiciro cya kimwe na mbumbe.
  • Kuba afite campany abarizwamo ifite TIN Number ya RRA na TVA kandi yanditse muri RDB.
  • Kuba afite Attestation de Non creance ya RRA na RSSB itarengeje amezi 3.
  • Kuba afite cachet kandi atanga facture ya EBM
  • Kuba yemera kwishyurwa hakoreshejwe OP kandi afite Compte muri Banki ikoresha ikoranabuhanga kandi iri mu mazina ya Company iri mu byangombwa.
  • Kuba afite ibyemezo nibura 3 bigaragaza aho yakoze iyo mirimo kandi ko yayikoze neza.
  • Fotocopy y’indangamuntu yany’iri company cyangwa ikindi cyemezo kiyisimbura cyemewe n’amategeko.

Abujuje ibisabwa muri iri tangazo kandi babifitiye ubushobozi, basabwe kohereza ibyangombwa byabo kuri Email:[email protected] ,bagatanga copy kuri Email:[email protected] 

N.B:

  • Ibyangombwa byose bigomba kuba biri muri Document imwe yanditseho “GUPIGANIRA ISOKO RY’INKWETO FY27”.
  • Gutanga ibyangombwa bizarangira kuwa kabiri le 11/08/2026 saa kumi n’imwe(17h00) z’umugoroba.
  • Gufungura amabaruwa ku mugaragaro bizaba kuwa gatatu le 12/08/2026 Isaa tanu zuzuye(10h00).
  • uwatsindiye isoko azabimenyeshwa mu nyandiko.
  • Ibyangombwa bitazanyuzwa kuri izo email zombi ntagaciro bizagira.

Kubindi bisobanuro mwabariza kurizo Addresse zatanzwe hejuru.

Bikorewe I Nyakabungo, kuwa 30/07/2026

Rev.UFITINKINDI Felix Umuyobozi wa EMLR Paroisse Nyakabungo.