Website:
EGLISE ANGLICANE DU RWANDA
PAROISSE MARANYUNDO
ITANGAZO RYO GUTANGA ISOKO
ubuyobozi bw’Itorero Anglican ry’u Rwanda Paroisse Maranyundo rifite Umushinga Rw0625 EAR Maranyundo CDC,Riherereye Mu Ntara Y’Iburasirazuba ,Akarere Ka Bugesera ,Umurenge Wa Nyamata ,Akagali Ka Maranyundo,Umudugudu Wa Muyange ,Buramenyesha abantu bose babyifuza kandi babifitiye ubushobozi ko bifuza gutanga isoko ryo kugemura ibiribwa by’abana barya bitabiriye gahunda z’umushinga
Abifuza gupiganirwa iryo soko baza gufata ibitabo bikubiyemo amabwiriza agenga isoko k’umushinga guhera tariki 04/08/2026 kugeza tariki ya 13/08/2026 mu masaha y’akazi nyuma yo kugaragaza inyemezabwishyu y’amafaranga yo kugura igitabo cy’isoko(dao) ibihumbi icumi adasubizwa(10,000frw) kuri compte y’umushinga no 100014055578 ya Rw0625 EAR Maranyundo CDC.iri muri bank ya kigali(bk).
Abifuza gupiganira iri soko bagomba kuba bagejeje amabaruwa yabo Kubiro by’umushinga bitarenze kuwa 14/08/2026 saa munani zuzuye(2h00 pm) ari nabwo amabaruwa azafungurirwa muruhame.
kubindi bisobanuro mwahamagara kuri 0783609484/0788573594 /0783052625
Bikorewe I Maranyundo
Kuwa 31/07/2026
UMUYOBOZI WA PAROISSE :Rev Ndagijimana Emile
